Perezida w'u Bufaransa, Emmanuel Macron yatangije inama ya 19 y'ibihugu na za Guverinoma bihuriye mu Muryango uhuza ibihugu ...
Joe Boy waherukaga i Kigali mu 2022 ubwo yari yitabiriye igitaramo cya Kigali Fiesta, asanzwe ari umwe mu bahanzi bakomeye ...
Abakinnyi 24 bo mu bihugu bitandatu byiganjemo ibyo mu Karere bahuriye mu Mujyi wa Kigali aho bagiye guhatanira igikombe mu Irushanwa rya Golf. Kuri uyu wa Kane, tariki 3 Ukwakira 2024, ni bwo kuri ...
Mu gihe mu Bufaransa hakomeje urubanza rwa Dr Eugene Rwamucyo ukurikiranweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, reka tumenye uwo ari we ndetse na bimwe mu by’ingenzi aregwa bigarukwaho na Me ...
Ikipe ya Police FC yanyagiye Kiyovu Sports ibitego 4-0 mu mukino w'ikirarane cy'umunsi wa kabiri wa Shampiyona, Rwanda ...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yakiriye mugenzi we Seychelles, Commissioner Ted Barbe ku ...
Kuri uyu wa Kabiri, mu Rukiko rwa rubanda rw’i Paris mu Bufaransa haratangira urubanza rwa Eugene Rwamucyo ukekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi, yaba yarakoreye muri Perefegitura ya Butare.
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bageze i Paris mu Bufaransa aho bitabiriye Inama ya 19 y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma z’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa, La ...
Guhera kuri uyu wa Kabiri, Urukiko rwa rubanda rw’i Paris mu Bufaransa rwatangiye kuburanisha urubanza ruregwamo Dr Eugene Rwamucyo, ukekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi. Dr Eugene Rwamucyo ...
Bank y’Isi ivuga ko yiteguye gukomeza gushimangira ubufatanye na Leta y’u Rwanda, binyuze mu mishinga itandukanye y’iterambere. Byagarutsweho kuri uyu wa Gatatu, ubwo Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard ...
Mu Karereka Rubavu hafi n'umupaka muto uzwi nka Petite Barriere harimo kubakwa ububiko bunini bw'ibicuruzwa biba bitegereje kwambuka bijya muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bwitezweho ...