Perezida w'u Bufaransa, Emmanuel Macron yatangije inama ya 19 y'ibihugu na za Guverinoma bihuriye mu Muryango uhuza ibihugu ...
Joe Boy waherukaga i Kigali mu 2022 ubwo yari yitabiriye igitaramo cya Kigali Fiesta, asanzwe ari umwe mu bahanzi bakomeye ...
Guhera kuri uyu wa Kabiri, Urukiko rwa rubanda rw’i Paris mu Bufaransa rwatangiye kuburanisha urubanza ruregwamo Dr Eugene Rwamucyo, ukekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi. Dr Eugene Rwamucyo ...
Ikipe ya Police FC yanyagiye Kiyovu Sports ibitego 4-0 mu mukino w'ikirarane cy'umunsi wa kabiri wa Shampiyona, Rwanda ...
Mu Karereka Rubavu hafi n'umupaka muto uzwi nka Petite Barriere harimo kubakwa ububiko bunini bw'ibicuruzwa biba bitegereje kwambuka bijya muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bwitezweho ...
Kuri uyu wa Kabiri, mu Rukiko rwa rubanda rw’i Paris mu Bufaransa haratangira urubanza rwa Eugene Rwamucyo ukekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi, yaba yarakoreye muri Perefegitura ya Butare.
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yakiriye mugenzi we Seychelles, Commissioner Ted Barbe ku ...
Iminsi itatu irashize mu Rwanda habonetse icyorezo cya Marburg ku bitaro bya Kaminuza ya Butare CHUB, ingamba naho zikaba zakajijwe aho nk'abagemurira abarwayi babo bitarimo gukorwa nk'uko byari ...
Abaturage bo mu Karere ka Karongi baravuga ko igishushanyombonera cy’imikoreshereze y’ubutaka bwo muri aka Karere, bagitegerejeho gukurura no kureshya abashoramari benshi n’ibikorwa byinshi ...
Ashingiye ku biteganywa n'Itegeko Nshinga rya Repubulika y'u Rwanda, cyane cyane mu ngingo ya 80; none ku wa 23 Nzeri 2024, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho Abasenateri bakurikira: ...
Hari abacuruzi bo mu Karere ka Rubavu bataka igihombo, bavuga ko baterwa no kutamenya imikoreshereze ya System itanga Facture ya EBM bikabaviramo gucibwa amande y’ibihumbi 200 Frw bya hato na hato. Ni ...